AMAKURU

Kigali:nyabugogo ubwiyahuzi bukomeye

Kigali:nyabugogo ubwiyahuzi bukomeye
  • PublishedJune 27, 2023

Kigali ahazwi nka nyabugogo nihohabereye ubwiyahuzi butangaje

Umusore womukigero kimyaka 24 yapfuye yiyahuye nkuko uwo byatangiye ahari yabwiye IJWIMONITOR yagize

ati:uriya musore ashobora kuba Yarafite ibibazo byinci bikomeye kuko byatangiye nijoro nka saa 8:00 najye narintashye nuko nsanga hano kukiraro hahagaze umusore arikumwe numu police uwo musore Yarafite inzoga bita icyuma yahise ayitera senke (ayirohayo)

Nkuko uyu mukobwa waruhari yakomeje abivuga ati akimara kurohayo iyo nzoga yahise yinaga mumazi aramutembana  uwo mu police yamwirutse hejuru amuha igiti ngo afateh aracyanga umu police abaza niba ntamuntu Uzi koga ngo aze amukuremo baraza bamuvanamo ariko byabaye ibyubusa

 nkuko umu nyamakuru w’ijwimonitor yahageze asanga yapfuye uwo musore wiyahuye bamutabaye  ariko  ntibyagarukiye Aho kuko noneho yakoresheje umugoze arimanika kugera apfuye muma saa 8:30 zihitondo kuruyu wa Kabiri nibwo Police yakuye umurambo wuyu musore Aho yari yimanitse iwujyana gukorera isuzuma mubitaro bya police kakiru

Ntawamye impanvu uwo musore wimyaka 24 Yaba yatumye yiyahura

Gusa ntibisanzweko umuntu yiyahura kabi nabantu bareba kubijyendanye namadini nukwemera baravugako arimyuka mibi yari yamuhanzeho

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *